12/02/2023
Quotes 3
_____________
1)Uko uzamuka mu butuzi,amafaranga cyangwa amashuri niko umubare w'abakobwa bagushaka wiyongera (umusore)
2)Kimwe mu bizashengura umwanzi wawe, mbese akagira intimba,ni inseko yawe no kwiteza imbere(economically) bityo menya kwihorera nyako.
3)Nushaka kumenya igipimo cy'urukundo rw'umukunzi wawe uzabibona igihe ugeze mu bibazo.
4)Uko utera imbere ninako umubare w'abakurwanya ugenda wiyongera bityo ntuzibeshye ko wishimiwe nabose.
5)Nta mvura idahita ,iby'isi ni gatebe gatoki! uyu munsi ushobora kuba ubabaye ariko ejo ukaba wishimye .ntukihebe
6)Nushaka kumenya uko isi izaba imeze nyuma yo gupfa kwawe uzafatire urugero kumwe mubitahiye wo mu muryango iwanyu.
7)Kuri iki gihe urukundo nyarwo kurubona birahenze, nuhura n' ugukunda ntacyo ashingiyeho ntuzazuyaze kumwegurira umutima wawe.
8)Menya ko uri wowe,ibya runaka niwe kandi ntitugomba no kubaho kimwe.nkuko ndi Ntwari nawe ukaba runaka.ntuzifuze kubaho uko wowe ututari.
9)Wabyanga wabyemera igihe kizagera dupfe ,icyubahiro,ubutunzi,ubuhangan
jye,ubustar,ubukene,ubupfumbyi
,.......byibagirane.kuko natwe ntitwaremanywe n'Isi.giraneza wigendere.
10)Gusenga by'ukuri bifasha byinshi muri ubu buzima,jya wiragiza Uwiteka azagufasha kwakira ibyo wowe utakwishoboza!!!!!
.